• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
24/08/25
Kamonyi: Barashimira Perezida Kagame wabasubije Ubuzima akabaha izina rishya”INTWAZA”
24/08/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Kwesa Imihigo 98 n’indi yihariye byabaheshe guhiga indi mirenge y’Akarere
24/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
24/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma

Bwa mbere ku isi mu munsi umwe hagaragaye imibare myinshi y’abanduye Coronavirus

Umwanditsi
July 19, 2020

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS/WHO, mu ijoro ryo kuri uyu wa 18 Nyakanga 2020, ryatangaje ko kuva icyorezo cya Coronavirus cyagaragara, aribwo bwa mbere mu masaha 24 habonetse umubare munini w’abacyanduye, abantu ibihumbi 260.

Nk’uko iri shami rya ONU ribitangaza, nibwo bwa mbere imibare y’abanduye ku munsi irenga ¼ cya Miliyoni kuva iki cyorezo cyaduka.

Imibare myinshi y’abanduye yagaragaye mu bihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Brezili hamwe na Afrika y’Epfo.

Imibare y’abahitanwe n’iki cyorezo, nayo yazamutse iba 7,360, ikaba nayo ariyo myinshi ibonetse kuva tariki 10 Gicurasi 2020.

Magingo aya, abamaze kwandura coronavirus kw’isi nkuko BBC ibitangaza ni abantu barenga Miliyoni 14, mu gihe abarenga 600.000 bamaze guhitanwa nayo, nk’uko byerekanwa n’imibare yegeranijwe na kaminuza yo muri Amerika John Hopkins.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5849 Posts

Politiki

4100 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1006 Posts

Imyidagaduro

81 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga