• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
08/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
08/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
08/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo
08/12/25
Ab’Imyumvire iganisha ku kugumura Abaturage bahawe“GASOPO”, babwirwa itegeko n’Ibihano

Bwa mbere ku isi mu munsi umwe hagaragaye imibare myinshi y’abanduye Coronavirus

Umwanditsi
July 19, 2020

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS/WHO, mu ijoro ryo kuri uyu wa 18 Nyakanga 2020, ryatangaje ko kuva icyorezo cya Coronavirus cyagaragara, aribwo bwa mbere mu masaha 24 habonetse umubare munini w’abacyanduye, abantu ibihumbi 260.

Nk’uko iri shami rya ONU ribitangaza, nibwo bwa mbere imibare y’abanduye ku munsi irenga ¼ cya Miliyoni kuva iki cyorezo cyaduka.

Imibare myinshi y’abanduye yagaragaye mu bihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Brezili hamwe na Afrika y’Epfo.

Imibare y’abahitanwe n’iki cyorezo, nayo yazamutse iba 7,360, ikaba nayo ariyo myinshi ibonetse kuva tariki 10 Gicurasi 2020.

Magingo aya, abamaze kwandura coronavirus kw’isi nkuko BBC ibitangaza ni abantu barenga Miliyoni 14, mu gihe abarenga 600.000 bamaze guhitanwa nayo, nk’uko byerekanwa n’imibare yegeranijwe na kaminuza yo muri Amerika John Hopkins.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5928 Posts

Politiki

4177 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1040 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga