• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
29/03/26
Kamonyi-Karama/Umuganda: Abaturage basabwe kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside n’Imvugo z’urwango
29/03/26
Amajyepfo: Polisi yafashe Litiro zisaga ibihumbi 157 zirimo n’iza Kanyanga, ifata Urumugi n’ababibarizwamo
29/03/26
Kamonyi-Nyarubaka: Umwana w’imyaka 4 y’amavuko yapfuye azize Ibiza
29/03/26
Kamonyi-Nyarubaka: Ingurube yabaye igitambo ku muryango wararanaga n’Amatungo, harokoka Ihene

Igitero cy’indege za Amerika cyahitanye intagondwa muri Somaliya

Umwanditsi
July 23, 2020

Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika ku mugabane wa Afurika, AFRICOM, cyavuze ko kuri uyu wa 22 Nyakanga 2020 kishe abarwanyi barindwi bafitanye isano n’umutwe ufatwa nk’uw’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu mu gitero cy’indege cyakoze mu ntara ya Puntland ya Somaliya.

AFRICOM yatangaje ko iki gitero bagikoze bihimura ku gitero abo barwanyi bakoze ku ngabo za Somaliya. Yavuze kandi ko nta musivile wakomeretse cyangwa se wapfuye muri icyo gitero.
Kugeza ubu, mu gihe kigera ku mwaka, Amerika imaze kugaba ibitero by’indege 42 ku bakora iterabwoba muri Somaliya.

Abategetsi b’iyo ntara nabo nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, bavuze ko bishe abarwanyi 20 b’umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu mu kindi gitero cyagabwe mu ntara ya Bari. Bemeza ko abategetsi babiri bakomeye b’abo barwanyi bahasize ubuzima.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5943 Posts

Politiki

4192 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1048 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga