• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Umukirisitu muri Afurika y’Epfo yarashe abajura bari bitwaje intwaro

Umwanditsi
July 27, 2020

Igipolisi cyo muri Afurika y’Epfo kirimo kirakora iperereza kw’iyicwa ry’abantu babiri bivugwa ko bari abajura bitwaje imbunda mu rusengero rwo mu mujyi wa Centurion mu Ntara ya Gauteng, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byaho.

Aya makuru avuga ko kuri iki cyumweru tariki 26 Nyakanga 2020 abantu batatu bitwaje imbunda bateye mu rusengero rwa Querentia Ministry muri Wierdapark batangira kwambura abarimo gusenga.

Umwe mu barimo basenga witwa Pieter van der Westhuizen, asanzwe afite uburenganzira bwo gutunga no gutemberana imbunda, yashoboye kwica babiri muri abo bagabo mu gihe uwundi wari kumwe nabo yashoboye gutoroka.

Ikinyamakuru News24 kivuga ko Bwana Der Westhuizen ari mwenewabo na nyakwigendera w’umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Rugby uzwi cyane witwa Joost van der Westhuizen.

Mu ijambo rye yasubiwemo ku iradiyo yigenga, JacrandaFM, umuvugizi w’igipolisi cya Gauteng, Mathapelo Peters, BBC itangaza ko yavuze ati: “Hari itangazo twabonye ry’uwo mukiristu avuga ko yarashe abo bikekwa ko bari abajura kandi rizashyikirizwa abayoboye inzego z’ubucamanza”. Ayo makuru avuga ko umupasitori w’urwo rusengero yakomeretse buke kandi akaba yarahise avurirwa aho.

Munyaneza theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga