• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Impinja 7 zapfuye mu ijoro rimwe zizize ibibazo by’abakozi bifatiye kuri Covid-19

Umwanditsi
July 29, 2020

Abana barindwi b’impinja bapfuye mu ijoro rimwe muri iki cyumweru tariki 27 Nyakanga 2020 mu gice kivurirwamo abagore cy’ibitaro bikuru by’i Harare kubera ibibazo by’abakozi bishingiye kuri Covid-19. Kwigaragambya kw’abo bakozi kwatumye izi mpinja zitabaho.

Mu ijoro ryo kuwa mbere, muri ibi bitaro byo mu murwa mukuru, ababyeyi umunani bari bakeneye kubyazwa byihutirwa babazwe. Barindwi muri bo abana babo babakuye mu nda bapfuye nk’uko bamwe mu baganga babyemeza.

Abaganga babiri batifuje gutangazwa amazina, bazi neza ibyabaye hano, bemereye BBC dukesha iyi nkuru ko aba babyeyi bakuwemo abana bapfuye kuko ababyaza bari mu myigaragambyo mu gihe ibi bitaro byuzuriranye.

Aba baganga bavuga ko aba babyeyi bamaze iminsi kwa muganga ntawe ubafasha mu gihe abaganga bari mu myigaragambyo. Imiti ni micyeya n’ibikoresho by’abaganga byo kwirinda (PPE) ni bicyeya, mu gihe abaganga nabo bugarijwe n’akazi kenshi.

Ibitaro bitoya byigenga (clinics) byinshi muri Harare byarafunze kubera ubwoba bwa Covid-19 kuko nta bikoresho byo kuyirinda bifite, ibindi kubera ibibazo bishingiye ku bukungu.

Ibi byatumye abagore batwite buzura mu bitaro bikuru bya Leta biri i Harare, ubu bitagishoboye kubakira bose. Umuganga umwe yavuze ko ari ibihe bigoye cyane barimo. Undi avuga ko impfu za bariya bana kuwa mbere atari ikintu gishya, ahubwo ari ibintu biba buri gihe.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga