Minisitiri w’Ubuzima muri Libani Hamad Hassan amenyesha ko abantu barenga 70 aribo bamaze kumenyekana ko bapfuye, abandi barenga 2700 bakaba bakomerekeye mu nkongi y’umuriro yadutse itewe n’ibiturika mu murwa mukuru wa Libani, Beirut. Amashusho...
Read More
Inkubi y’umuyaga wiswe Isaias iteje akaga mu burasirazuba bwa Amerika
Serwakira ivanze n’imvura nyinshi yahawe izina rya Isaias ikomeje kwibasira intara z’Amerika zikora ku nyanja ya Atlantika, muri Leta za Carolina y’amajyepfo-South Carolina n’iy’amajyaruguru-North Carolina, aho ikomeje guteza imyuzure. Abategetsi bavuze ko inkubi y’umuyaga...
Read More
Kamonyi: Guverineri Kayitesi ati“ Dutegereje ko uruganda rw’ikigage rukoreshwa icyo rwashyiriweho”
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice, kuri uyu wa 04 Kanama 2020 yasuye uruganda rw’Ikigage-SPIC rwubatse mu Murenge wa Runda, akarere ka Kamonyi, rukaba ruhuriweho n’uturere 8 tugize iyi Ntara. Avuga ko nubwo rwatinze gutangira...
Read More
Ifoto y’umwana ufite umuneke yegamiye imodoka yagereranijwe n’imibonano mpuzabitsina, iteza ikibazo
Uruganda rukora imodoka rwo mu Budage rwasabye imbabazi kubera ifoto yamamaza yerekana umwana ari kurya umuneke ari imbere y’imodoka igezweho, ifoto yatumye benshi kuri Twitter banenga uru ruganda. Mu butumwa busaba imbabazi, Audi yanditse...
Read More
Perezida Trump yasinye itegeko rikumira umubare w’abanyamahanga bahabwaga akazi
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump kuri uyu wa mbere tariki 03 Kanama 2020, yashyize umukono ku itegeko risaba ibigo bya Leta n’ibiyishamikiyeho kwerekana ko bitarimo guha akazi abanyamahanga aho kugaha...
Read More
U Rwanda n’u Burundi byavuze ku mpunzi ziri I Mahama zishaka gutahuka
Mu ibaruwa yashyizweho umukono n’impunzi z’abarundi zibarirwa muri magana atatu zo mu nkambi ya Mahama mu Rwanda zandikiwe Perezida w’u Burundi, zisaba ko zibafashwa gutahuka. Bamwe mu bayanditse, bavuga ko babona ko igihe kigeze...
Read More