• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Amaraso y’abakize Covid-19 muri Amerika agiye kwifashishwa mu kuvura abarwayi bashya

Umwanditsi
August 24, 2020

Abategetsi muri Leta zunze ubumwe za Amerika batangaje kuri uyu wa 23 ko hemejwe byihuta amaraso y’abakize icyorezo cya Coronavirus nk’umuti mushyashya wo kuvura iki cyorezo kimaze kwica abarenga 176 000 muri iki gihugu.

Ikigo cy’igihugu cya Amerika gishinzwe kugenzura no kwemeza imiti n’ibiribwa, FDA, cyemeje iyo ngingo mu gihe Perezida Donald Trump aremerewe n’abanyamerika bakomeje kumwamagana bavuga ko yananiwe guhagarika ikwirakwira ry’iki cyorezo.

Ikigo FDA nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, cyemeza ko ubwo buvuzi bukoresheje amaraso y’abakize Covid-19 mu kuvura abarwayi bashya bushobora kurwanya iki cyorezo mu buryo bwihuse no gufasha umurwayi kutaremba.

Mu gihe hari abarwayi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika no mu bindi bihugu bamaze kuvuzwa ubwo buryo, abahanga mu buvuzi bo bavuga ko ubu buryo bukwiye kwitonderwa kuko bishobora gutera izindi ngaruka ku buzima.

Ikinyamakuru The Washington Post cyandikira muri Amerika, cyavuze ko abarwayi barenga 70 000 muri Amerika bamaze guterwa ayo maraso.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga