• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
20/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
20/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
20/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Bashunga Abouba ukubutse muri Buildcon FC yo muri Zambia yasinyiye Mukura Victory Sport

Umwanditsi
September 8, 2020

Nyuma yo gutandukana n’abakinnyi b’inkingi ya mwamba ndetse n’umutoza w’umunya Espanye Tony Hernandez, Ikipe ya Mukura Victory Sports kuri uyu wa Kabiri imaze gusinyisha umunyezamu Bashunga Abouba.

Bashunga w’imyaka 25 yagiye muri Buildcon FC muri Nyakanga 2019 nyuma y’uko yari yayigarutsemo avuye muri Bandari FC mu cyiciro cya mbere muri Kenya, aho yagiye asanga abasore b’abanyarwanda barimo David Nshimiyimana wakiniye Mukura.

Bashunga Abouba yasinyiye Mukura Victory Sport kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Nzeri 2020 nyuma yo kumara iminsi avuye muri Zambia aho avuga ko ubuzima butari bumeze neza bitewe n’ibibazo by’ubukungu iyi kipe yahuye nabyo mu bihe bya COVID-19.

Bashunga Abouba wazamukiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC , yanakiniye amakipe nka Gicumbi FC, Bandari FC yo muri Kenya, ndetse na Rayon Sports yamenyekaniyemo cyane. Uyu munyezamu aje asanga Bikorimana Gerard ugomba guhanganira umwanya na Bashunga wigeze kugira ibihe byiza mu ikipe ya Rayon Sports.

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga