Isaha ya saa moya yimuwe, abafite imodoka bwite bemererwa kujya no kuva Rusizi

Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki 10 Nzeri 2020, ikayoborwa na Perezida Kagame Paul, yemeje ko isaha ya saa moya abantu basabwaga kuba bageze mu ngo ikurwaho igasuhizwa I saa tatu nk’uko byahoze. Ingendo mu karere ka Rusizi ku bantu bafite imodoka zabo ziremewe ariko byose hubahirijwe amabwiriza n’ingamba zo kwirinda Covid-19.

Dore uko ibyemezo byasohotse muri rusange;

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →