• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/04/26
Kamonyi-ESB: N’Utsindwa yatsinda-Padiri Majyambere Jean d’Amour
02/04/26
Kamonyi: Kwegera Umworozi ntibikwiye kuba gusa igihe itungo rye ryagize ikibazo-Visi Meya Uzziel
02/04/26
Kamonyi-Karama/Umuganda: Abaturage basabwe kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside n’Imvugo z’urwango
02/04/26
Amajyepfo: Polisi yafashe Litiro zisaga ibihumbi 157 zirimo n’iza Kanyanga, ifata Urumugi n’ababibarizwamo

Minisitiri w’ubuzima muri Czech yeguye ku mirimo ye kubera kunanirwa guhangana na Covid-19

Umwanditsi
September 21, 2020

Minisitiri w’ubuzima muri Czech, Adam Vojtech yatangaje kuri uyu wa 21 Nzeri 2020 ko yeguye ku mirimo ye nyuma yo kunengwa uburyo yitwaye mu bibazo byo guhangana n’icyorezo cya coronavirus. Ni nyuma y’ubwiyongere bukabije bwabandura Covid 19

Minisitiri w’intebe Andrej Babis yashimiye Vojtech ku bw’imirimo yakoze mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa twitter, yavuze ko azibukwa nka minisitiri w’ubuzima mwiza mu gihugu mu gihe adashaka gukoresha imbaraga ze zose kugira ngo arwanye icyorezo cya coronavirus.

Repubulika ya Czech yatangaje ko ubwiyongere bwa coronavirus bwikubye ku muvuduko wa kabiri mu Burayi mu byumweru bishize, nyuma ya Espagne, nyuma yuko iki gihugu gikuyeho zimwe mu ngamba zo kwirinda icyi cyorezo.

Ikigo cy’i Burayi gishinzwe gukumira no kurwanya indwara kivuga ko mu minsi 14 ishize, Abanya Czech 193 bagaragaweho Coronavirus ku bantu 100.000.
Source: REUTERS

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5945 Posts

Politiki

4194 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga