• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/05/26
Nyarubaka-Kwibuka32: Bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, bunamira kandi bashyira indabo ahiciwe abana basaga 100
02/05/26
Itangazo ryo guhinduza amazina ya Nyiracumi Theodosie
02/05/26
Karama-Kwibuka32: Kuba muriho uyu munsi ni igihamya cy’uko umwijima utigeze uzimya Urumuri rwanyu-Zacharie/Ibuka
02/05/26
Karama-Kwibuka32: Iyo twaje Kwibuka tuba twaje guhamya amateka yacu nk’Abanyarwanda-Alice Kayitesi

Guinea: Abantu bagera kuri 50 bararashwe barapfa mu gihe bari mu myigaragambyo.

Umwanditsi
October 1, 2020

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty Internationale, uratangaza ko umwaka ushize muri Guinea, abantu bagera kuri 50 barashwe bagapfa mu gihe bari mu myigaragambyo.

Raporo y’uyu muryango igaragaza ko abishwe bari mu myigaragambyo yo kwamagana Perezida Alpha Condé washakaga kwiyamamariza manda ya gatatu. Raporo nshya ya Amnesty ishyira mu majwi ingabo na Polisi kuba aribo bagize uruhare mu kurasa aba baturage.

Inkuru ya AFP igaragaza ko raporo y’uyu muryango isobanura neza ko abantu 200 bakomerekeye muri iyi myigaragambyo yabaye umwaka ushize, mu gihe abandi 70 batawe muri yombi n’inzego z’umutekano.

Amnesty Internationale ikaba iri gusaba ubuyobozi bwa Guinea gukora iperereza ryimbitse ku bashinjwa kwica abaturage b’inzirakarengane. Ibi byose bibaye mu gihe muri Guinea hateganijwe amatora ya Perezida muri uku kwezi k’Ukwakira 2020 nk’unko byagarutsweho na BBC.

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5956 Posts

Politiki

4204 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga