• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
08/04/26
Kamonyi-Kwibuka32: Guverineri Alice Kayitesi yasabye Ababyeyi kudakomeza kuroga abo babyara babikoreza imitwaro yabananiye
08/04/26
Kamonyi-ESB: N’Utsindwa yatsinda-Padiri Majyambere Jean d’Amour
08/04/26
Kamonyi: Kwegera Umworozi ntibikwiye kuba gusa igihe itungo rye ryagize ikibazo-Visi Meya Uzziel
08/04/26
Kamonyi-Karama/Umuganda: Abaturage basabwe kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside n’Imvugo z’urwango

Mukura yabonye umutoza mushya, Djilali wahoze akinira Marseille yo mu Bufaransa

Umwanditsi
October 7, 2020

Umutoza Djilali w’imyaka 38, ashyizweho nyuma yo kugenda k’umunya Espagne Tony Hernandez watandukanye na Mukura mu ntangiriro z’ukwezi kwa Nzeri uyu mwaka wa 2020. Ni umugabo w’umunya Algeria ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa.

Hernandez yafashije ikipe ya Mukura ibarizwa mu karere ka Huye, igera ku mwanya wa 4 muri shampiyona y’u Rwanda ya 2019/20, nyuma ya APR, Rayon Sports na Polisi.

Kuri uyu wa gatatu tariki 06 Ukwakira 2020, Ikipe ya Mukura kurukuta rwayo rwa Twitter ikaba yatangaje ko “Djilali yasinye amasezerano y’imyaka ibiri, kugeza mu 2022.”

Umutoza Djilali yavukiye muri Algeria mu 1982, yimukira mu Bufaransa afite imyaka 8 nyuma aza kwinjira mu ikipe y’abato ya Olympique de Marseille hagati ya 1995 na 2000. Ntabwo yigeze agaragara mu ikipe ya mbere yayo.

Kuva yatangira gutoza, mu 2009, Djilali yagiye akora imirimo itandukanye yo gutoza mu makipe yo muri Arabiya Sawudite, Ubufaransa, Oman, Bahrein, Senegal na Côte d’Ivoire. Afite uruhushya rwo gutoza rwa Licence A.

Inkuru Yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5946 Posts

Politiki

4195 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1049 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga