• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
27/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
27/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
27/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Taiwan irifuza ibiganiro bifatika n’igihugu cy’Ubushinwa

Umwanditsi
October 11, 2020

Igihugu cya Taiwan cyatangaje ko kifuza kugirana ibiganiro bifatika n’igihugu cy’ubushinwa mu buryo bungana hagati y’impande zombi. Ni nyuma y’uko ibi bihugu bimaze igihe mu makimbirane ashingiye ku gice ubushinwa bwita icyabwo.

Ibi byatangajwe na perezida wa Taiwan, Tsai Ing-wen kuri uyu wa gatandatu tariki 10 Ukwakira 2020 mu rwego rwo gushakira umuti urambye amakimbirane amaze igihe hagati y’igisirikare cya Taiwan ndetse n’’icy’ubushinwa gisanzwe kivuga ko iki kirwa cya Taiwan ari ifasi cg se igice cy’Ubushinwa ariko kigenga nkuko reuters yabitangaje.

Igihugu cya Taiwan cyagiye cyotswa igitutu n’igihugu cy’ubushinwa ndetse ubushinwa buza no kongera ibikorwa by’ingabo zirwanira mu kirere hafi y’umupaka uhuza ibi bihugu byombi mu byumweru bike bishize, harimo no kwambukiranya umurongo wo hagati wa Tayiwani usanzwe ukora nka zone ya buffer idasanzwe.

Leta zunze ubumwe z’amerika zagiye zihatira Tayiwani kuvugurura igisirikare cyayo kugira ngo ibe igihugu gikomeye ”, bigoye ko Ubushinwa bushobora gutera. nubwo Amerika ari igihugu gikomeye ku isi, kimwe n’ibindi bihugu byinshi, ntabwo ifitanye umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Taiwan.
Source:Aljazeera

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga