• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Tajikistan: Rakhmon yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90% 

Umwanditsi
October 13, 2020

Kuri uyu wa mbere tariki 12 Ukwakira 2020, umuyobozi wa Tajigistan, Emomali Rakhmon, yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90 ku ijana, aho yarahanganye n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi gusa.

Komisiyo ishinzwe amatora yavuze ko 90.9 ku ijana by’abatoye mu matora yo ku cyumweru igaragaza ko Emomali Rakhmon ariwe ugiye kuyobora manda nshya y’imyaka irindwi. Komisiyo ishinzwe amatora ivuga ko abitabiriye amatora barenga 85 ku ijana. Iyi ntsinzi yemerera Rakhmon kuyobora manda ya gatatu.

Mu gihe amajwi atavugwaho rumwe mu bihugu bituranye na Kirigizisitani ndetse na Beralus yahoze ari Repubulika y’Abasoviyeti yateje imvururu zikomeye, ibintu nk’ibi bigaragara ko bidashoboka muri Tajikistan.

Rakhmon na guverinoma ye bahura n’ibibazo bitigeze bibaho nyuma y’uko ubukungu bwifashe nabi mu bihugu byose byasimbuye Abasoviyeti bifatanije n’abandi mu kwibasirwa n’icyorezo cya coronavirus.

Bavuga ko Abanyatijani barenga miliyoni bakorera mu mahanga, cyane cyane mu Burusiya.
Alex Kochkarov, impuguke mu bushakashatsi mu gihugu muri IHS Markit i Londres yavuze ko amafaranga yoherejwe mu gihugu yagabanutseho “ku gipimo cya 15-25% ku mwaka nk’uko raporo zitandukanye zibitangaza”.
Source: www.gulftoday.ae

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga