• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
15/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
15/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
15/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Tajikistan: Rakhmon yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90% 

Umwanditsi
October 13, 2020

Kuri uyu wa mbere tariki 12 Ukwakira 2020, umuyobozi wa Tajigistan, Emomali Rakhmon, yatsinze amatora y’umukuru w’Igihugu n’amajwi arenga 90 ku ijana, aho yarahanganye n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi gusa.

Komisiyo ishinzwe amatora yavuze ko 90.9 ku ijana by’abatoye mu matora yo ku cyumweru igaragaza ko Emomali Rakhmon ariwe ugiye kuyobora manda nshya y’imyaka irindwi. Komisiyo ishinzwe amatora ivuga ko abitabiriye amatora barenga 85 ku ijana. Iyi ntsinzi yemerera Rakhmon kuyobora manda ya gatatu.

Mu gihe amajwi atavugwaho rumwe mu bihugu bituranye na Kirigizisitani ndetse na Beralus yahoze ari Repubulika y’Abasoviyeti yateje imvururu zikomeye, ibintu nk’ibi bigaragara ko bidashoboka muri Tajikistan.

Rakhmon na guverinoma ye bahura n’ibibazo bitigeze bibaho nyuma y’uko ubukungu bwifashe nabi mu bihugu byose byasimbuye Abasoviyeti bifatanije n’abandi mu kwibasirwa n’icyorezo cya coronavirus.

Bavuga ko Abanyatijani barenga miliyoni bakorera mu mahanga, cyane cyane mu Burusiya.
Alex Kochkarov, impuguke mu bushakashatsi mu gihugu muri IHS Markit i Londres yavuze ko amafaranga yoherejwe mu gihugu yagabanutseho “ku gipimo cya 15-25% ku mwaka nk’uko raporo zitandukanye zibitangaza”.
Source: www.gulftoday.ae

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga