• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
03/07/26
Kamonyi: Hemejwe asaga Miliyari 40 y’Ingengo y’Imari y’Umwaka wa 2026-2027
03/07/26
Nyanza: Polisi y’u Rwanda yibukije abanyerondo uruhare rwabo mu gukumira ibyaha
03/07/26
Kamonyi: Barasaba gusobanurirwa uko ibikorwaremezo bitoranywa(Priorities) mu ngengo y’imari
03/07/26
Kamonyi-Mugina: Umuyobozi wa GS st Esidore aravugwaho gukubita umwarimu akamukomeretsa

Abantu bamaganye ibiciro RURA yashyiriyeho abagenzi

Umwanditsi
October 15, 2020

Mu matora yakoreshejwe n’umunyamakuru Mutuyeyezu Oswald, abinyujije ku rubuga rwa Twitter( @oswaki), aho akurikirwa n’abantu hafi ibihumbi 40, benshi mu bamaze gutora bashinja RURA kubogamira ku ruhande rw’Abacuruzi.

Mu gihe cy’amasaha agera kuri atatu aya matora ashyizwe kuri Twitter, abamaze kuyitabira basaga 380. Abatora basabwa guhitamo kimwe muri bitatu aribyo kwemeza niba; RURA yaba nta ruhande yabogamiyeho, kuba yaba yabogamiye kuri Kompanyi cyangwa se niba yabogamiye kubagenzi.

Ubwo twakoraga iyi nkuru, dore uko imibare y’abatoye igaragaza amahitamo yabo;

Umunyamakuru Mutuyeyezu Oswald wakoresheje aya matora, yabwiye intyoza.com ko igitekerezo cyo gukoresha aya matora yakigize nyuma y’aho RURA ishyiriye ibiciro by’ingendo hanze ariko benshi mu bagenzi akumva bakomeza kubyinubira.

Aya matora yashyizeho ku i saa yine n’igice(10H30) zo kuri uyu wa 15 Ukwakira 2020, biteganijwe ko amara amasaha 24 gusa.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5990 Posts

Politiki

4237 Posts

Ubuhinzi

154 Posts

Ubukungu

1060 Posts

Imyidagaduro

88 Posts

Imikino

159 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga