• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/10/25
Kamonyi-Kayenzi/GIMI: Barishimira ikorwa ry’Umuhanda wari umaze guhinduka nk’inzira
13/10/25
Kamonyi-Kayenzi: Kirazira ko ducika intege, INKOTANYI ni urugero rw’ibishoboka-Gitifu Nsengiyumva
13/10/25
Kamonyi-Rugalika: Mwahamagariwe gukora, kurera Abana Igihugu cyifuza-Visi Meya Marie Josée Uwiringira
13/10/25
Kamonyi-Rugalika: Abageze mu zabukuru barashimira Perezida Paul Kagame wabarinze gusaza badasabiriza

Papa Francis yemeje Ihuriro riharanira Ubumwe bw’Abaryamana bahuje ibitsina

Umwanditsi
October 22, 2020

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, avuga ko abaryamana bahuje ibitsina ari abana b’Imana. Yemeje ihuriro ry’amashyirahamwe y’abaryamana bahuje igitsina ku nshuro ya mbere kuva yafata umwanya wa papa.

Iki cyemezo cyije binyuze mu nyandiko yiswe Francesco, yagaragaye muri Film mbarankuru yagaragaye bwa mbere mu iserukiramuco rya sinema I Roma kuri uyu wa Gatatu Tariki 21 Ukwakira 2020.

Iyi filime yibanze ku bibazo Francis yitaho cyane harimo ibidukikije, ubukene, abimukira, ubusumbane bushingiye ku moko no ku baturage, ndetse n’abaturage bibasiwe cyane n’ivangura.
Francis yavuze ko abaryamana bahuje igitsina nabo ari abana b’Imana.

Ati:’’Abaryamana bahuje igitsina bafite uburenganzira bwo kuba mu muryango. Ni abana b’Imana, Icyo tugomba kugira ni itegeko ry’ubumwe bw’abaturage; ubwo buryo butwikiriwe n’amategeko”.

Mu gihe yari umwepisikopi mukuru wa Buenos Aires, Francis yemeje ihuriro ry’amashyirahamwe y’abasivili ku bashakanye bahuje ibitsina mu rwego rwo gushyingiranwa kw’abahuje igitsina.

Icyakora, Papa Francis ntabwo yari yarigeze ashyira kumugaragaro ko ashyigikire abaryamana bahuje igitsina nka papa kugeza ubu.
Source: 247nnu.com

Venuste Habineza/Intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5888 Posts

Politiki

4139 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1020 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

147 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga