• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
19/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
19/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
19/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Abanya Tanzaniya bafite ubwoba bw’ihohoterwa rishobora gukurikira amatora

Umwanditsi
October 28, 2020

Abasesenguzi bavuga ko Perezida John Pombe Magufuli ashobora kongera gutorerwa kuyobora abanya Tanzaniya nyuma y’uko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bagaragaje ko hari ibitagenda.

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2020 nibwo Abantu barenga miliyoni 29 biyandikishije gutora kugira ngo bahitemo ushobora gusimbura Perezida Magufuli, amatora akorwa kugeza sayine z’ijoro.

Ishyaka riri ku butegetsi Chama Cha Mapinduzi riri ku butegetsi kuva iki gihugu cyakwigenga kuva mu 1961.

Kuri uyu wa gatatu, umuyobozi w’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzaniya Freeman Mbowe wa CHADEMA, yavuze ko “ubuzima bwe bwari mu kaga”, avuga ko hoteri ye yagabweho igitero maze hafatwa babiri mu bashinzwe umutekano we.

Magufuli, w’imyaka 60, arashaka manda ya kabiri Mu gihe amatora arikuba imbuga zose zavanyweho, ku buryo bigoye kumenya ibizavamo, abasesenguzi benshi babona Magufuli afite amahirwe menshi yo kongera gutorerwa kuyibora Tanzaniya.

Akaba yarahanganye bikomeye na Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi warokotse igitero cy’ubwicanyi mu 2017, wagarutse avuye mu buhungiro mu ntangiriro z’uyu mwaka ashaka kwiyamamaza ariko ibikorwa bye biza kuburizwamo bamushinja gutanga ibitekerezo byo kwigomeka.

Lissu yahamagariye abaturage gukora imyigaragambyo mu mihanda nyuma y’uko ibyavuye mu matora bizaba byatangajwe ku munsi wo kuwa kane mu gihe amajwi azaba atabaruwe neza, aha uzabona amajwi menshi akaba ariwe uzahita arahirira kuyobora Tanzaniya kuko ntakiciro cyakabiri kizabaho.

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bagiye bahura n’imbogamizi mu kugerageza guhangana n’ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi, riri kubutegtsi mu gihe abakandida 15 aribo bashaka uyu mwanya perezida.
Source:Aljazeera

Venuste Habineza/Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga