• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
01/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
01/11/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
01/11/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa

Ethiopia irahakana kwica abantu basaga ibihumbi 50 muri Tigray

Umwanditsi
February 3, 2021

Leta ya Ethiopia irahakana inkuru zivuga ko abantu ibihumbi n’ibihumbi b’abasivire bishwe mu ntambara yabaye mu ntara y’amajyaruguru ya Tigray.

Kuri uyu wa kabiri, amashyaka atatu atavuga rumwe na leta yo mu ntara ya Tigray yashinje abasirikare ba Ethiopia na Erithrea ko bishe abantu, ivuga ko abasivire 52.000 bishwe.

Ntabwo basobanura icyo bashingiyeho mu kuvuga iyo mibare, ariko bakavuga ko muri abo bishwe harimo abagore, abana hamwe n’abakuru b’amadini.

Leta ya Ethiopia ivuga ko izo nkuru ntaho zishingiye kandi ko zifite impamvu za politike. Yavuze kandi ko ibabajwe n’abasivire bahasize ubuzima, ariko ko nta bantu benshi bahaguye kubera igisirikare gikurikiza amategeko.

Umuryango w’abibumbye-ONU uvuga ko ibintu bishobora kurushaho kuba bibi cyane, mu gihe Leta yabangiye gushyika muri ako karere.

Ku musi wa mbere, nkuko BBC ibitangaza, umutegetsi uyoboye ishyirahamwe ritanga imfashanyo ryanenze abategetsi ba Ethiopia kuba bababuza gushyikira abasizwe iheruheru n’intambara yo mu ntara yo mu buraruko/amajyaruguru ya Tigray.

Jan Egeland, uyoboye ishyirahamwe rya Norwegian Refugee Council, yavuze ko amashyirahamwe atanga imfashanyo atarashobora gushyika mu turere two hagati no mu majyaruguru bw’iyo ntara, cyo kimwe no mu makambi y’impunzi. Yavuze ko ari gake abonye imfashanyo zibuzwa gushyikira abo zigenewe.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5902 Posts

Politiki

4153 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1026 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga