• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
16/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
16/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
16/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Kamonyi: Imibiri y’Abantu 2 yabonetse ahacukurwaga imirwanyasuri

Umwanditsi
February 18, 2021

Mu masaha ya mbere ya saa sita yo kuri uyu wa 17 Gashyantare 2021, Mu Mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nkingo, Umurenge wa Gacurabwenge ahazwi nka Nyamugari, abantu barimo bacukura imirwanyasuri babonye imibiri 2 y’abantu.

Umuyobozi w’Umurenge wa Gacurabwenge, Nyirandayisabye Christine yabwiye intyoza.com ko iyi mibiri yabonetse aha hantu yajyanwe ku biro by’Akagari ka Nkingo kugira ngo izashyingurwe mu irimbi rusange.

Avuga ko ku makuru bafite ari uko aba bantu atari abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ko ahubwo ari abahashyinguwe mu buryo busanzwe. Ati “ Ntabwo ari abazize Jenoside, ubona ko ari abantu bari bashyinguye neza”.

Gitifu Nyirandayisabye, avuga ko abaturage bafite amakuru bavuze ko aha hantu hazwi nka Nyamugari hahoze inkambi y’impunzi zaje ziturutse Kivuye, ko ndetse bigaragara ko iyi mibiri nubwo nta wabashije kumenya imyirondoro, ariko ko bayibonye ishyinguye mu myenda n’ibiringiti.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga