• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
23/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
23/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
23/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
23/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Bobi Wine yongeye kwanga intsinzi ya Perezida Museveni, asohora ikirego

Umwanditsi
February 22, 2021

Umwe mu bari bahanganye cyane na Perezida Yoweli Kaguta Museveni mu matora y’umukuru w’Igihugu aheruka muri Uganda, Bobi Wine yasokoye ikirego cye mu rukiko cyo kwanga intsinzi ya Perezida Yowei Museveni mu matora yabaye mu kwezi kwa mbere.

Uyu muririmbyi waje kwijira muri Politiki akaba asanzwe amazina ye ari Robert Kyagulanyi, avuga ko abacamanza banze kwakira ibindi byemezo yabashyikirije byo kugaragaraza inenge zabaye mu byavuye muri ayo matora.

Avuga ko ishyaka rye rifite amashusho/ vídeo yerekana uburyo isannduku zujujwe amajwi bikozwe n’abasirikare mu bice bimwe bimwe, aho batoreye ku mpapuro zamaze kwuzuzwa ahashyirwa ikimenyetso cy’uwo batoye.

Mu bibanza bimwe na bimwe by’amatora, ibyayavuyemo byerekanye ko hatoye ijana kw’ijana y’abiyandikishije, ibyo abo kwa Bobi Wine bakavuga ko bidashoboka.

Uwo muririmbyi yabaye umunyeporitike, avuga ko ubu urubanza arujyanye mu” rukiko rw’icyo abanyagihugu bibaza”, akoresheje uburyo butari ubwo gutera intureka/impagarara.

Imibare y’ibyavuye mu ibarura ry’amajwi byashizwe ahagaragara Byerekana ko Bobi Wine yatsinzwe amatora ku majwi arenga gato 34 kw’ijana, mu gihe uwari asanzwe Ayoboye igihugu Yoweri Museveni amaze imyaka irenga 30 ari ku butegetsi.

Bobi Wine yamaze icyumweru kirenga afungiwe mu rugo iwe kuva amatora arangiye, nyuma yo kwiyamamaza, aho yaranzwe n’urugomo ndetse no n’ugufatwa kw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga