• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
18/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
18/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
18/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Ubusambanyi bwatumye Visi Perezida wa Zimbabwe yegura

Umwanditsi
March 1, 2021

Kembo Mohadi, Visi Perezida w’Igihugu cya Zimbabwe yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa 01 Werurwe 2021 kubera gushinjwa ubusambanyi. Yasabye imbabazi Abanyazimbabwe ku kuba atabashije kwitwara neza mu mirimo yashinzwe n’Igihugu.

Ibinyamakuru muri Zimbabwe kuva mu kwezi gushize byarushije ho gushyira ahagaragara amajwi yafashwe, aho uyu mutegetsi yumvikanye arimo asaba kuryamana n’abagore batari bake barimo n’ukorera mu biro bye.

Yagiye ahakana kenshi ibyo yashinjwaga, avuga ko ari ibyo bamuhimbira, ko kandi bifite impamvu za Politiki. Kembo Mohadi nkuko BBC ibitangaza, ni umwe mu basirikare warwanye intambara yo kubohora Zimbabwe, yari kandi umwe mu byegera bya Perezida bibiri.

Yashinzwe imirimo itandukanye muri Minisiteri y’ingabo ku gihe cy’uwahoze ari Perezida w’iki Gihugu, Robert Mugabe, yongera ashingwa kuba Visi Perezida mu 2017 nyuma y’ikurwa ku butegetsi rya Mugabe. Kuba yeguye, avuga ko atari uko yemera ibimuvugwaho, avuga ahubwo ko yabitewe no guhesha agaciro ibiro by’umukuru w’Igihugu.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga