• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
18/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
18/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
18/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Perezida Kagame yababajwe n’urupfu rwa Perezida Magufuri afata nk’umuvandimwe

Umwanditsi
March 18, 2021

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Kagame Paul nyuma y’amasaha make y’urupfu rwa Perezida John Pombe Magufuri wa Tanzania, yanditse kuri twitter agaragaza akababaro atewe n’uru rupfu rw’uwo avuga ko uretse no kuba inshuti, ahubwo ari umuvandimwe.

Perezida Kagame, yavuze ko uruhare rwa Nyakwigendera Perezida Magufuri mu guteza imbere igihugu cye ndetse na Afurika y’Uburasirazuba bitazibagirana.

Perezida Kagame, abinyujije kuri twitter yagaragaje akababaro yatewe n’uru rupfu. Yihanganishije abo mu muryango we ndetse n’abanyatanzaniya muri rusanjye.

Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, avuga ko uretse kuba Perezida Magufuri yari inshuti, ngo yari umuvandimwe we kandi akaba umuntu waharaniye iterambere ry’abaturage ba Tanzania ndetse n’iry’abatuye Akarere ka Afurika y’Uburasirazuba muri rusanjye.

Ubutumwa bwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter.
Aha hari mu 2018 ubwo Perezida Kagame Paul yakirwaga na Perezida Magufuri mu ruzinduko rw’umunsi umwe muri Tanzania.

Perezida John Pombe Magufuri, byatangajwe na Visi Perezida we, Samia Suluhu ko yatabarutse mu ijoro ryo kuri uyu wa 17 Werurwe 2021 azize indwara y’Umutima yitwa ( Atrial Fibrillation). Ni indwara ngo yari amaranye imyaka isaga 10.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga