• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/03/26
Kamonyi: Meya Dr Sylvere Nahayo, ahaye komite nshya ya PSF umukoro
20/03/26
Kamonyi: Ntabwo tuje kuba abayobozi ba PSF, tuje kuba abakozi banyu-Ntiyamira Felix( aka Yadema)/PSF
20/03/26
Rugalika-Umunsi w’Umugore: Gifts Rwanda yaremeye Abagore iboroza Ihene
20/03/26
Kamonyi-Rugalika: Ibintu 5 Polisi yasabye abaturage kubizibukira burundu

Polisi ya Tanzania yataye muri yombi ushinzwe ibyambu, akekwaho kunyereza Miliyoni 1,8$

Umwanditsi
March 30, 2021

Umuyobozi mukuru w’urwego rushinzwe ibyambu muri Tanzania (TPA), Deusdedit Kakoko, yatawe muri yombi na Polisi akekwaho kunyereza amashringi Miliyali 3,8 ya Tanzania. Ni agera kuri Miliyoni 1,8 y’Amadolari ya Amerika.

Ibiro bishinzwe gukumira no kurwanya ruswa, PCCB, nibyo byemeje ko bwana Kakoko yafashwe nyuma y’umunsi umwe ahagaritswe mu mirimo ye n’umukuru w’Igihugu Samia Saluhu. Umukuru wa PCCB, Brigadier John Mbungo, yemeje ko uyu mugabo yafashwe mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere.

Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru kigenga Mwanainchi cyo muri Tanzania, uyu wahoze ayoboye TPA yafatiwe I Morogo mu Burasirazuba bwa Tanzania kuwa 28 Werurwe uyu mwaka wa 2021.

Umukuru w’Igihugu mushya wa Tanzania, Samia Saluhu nkuko BBC ibitangaza, yatangaje ko ahagaritse mu mirimo Deusdedit Kakoko, nyuma yo gushykirizwa icyegeranyo cy’umugenzuzi mukuru cy’umwaka wa 2019-2020.

Perezida Saluhu, yavuze ko atewe impungenge n’uko ubuyobozi bw’ibyambu buterekanye aho amafaranga agera kuri Miliyoni 1,8$ ( hafi amashiringi Miliyari 4) yagiye. Perezida Samia, yahise ategeka ibiro PCCB gutangiza iperereza ryihuta rigamije kumenya aho ayo mafaranga yagiye, nyuma y’ibyatangajwe mu cyegeranyo cy’umugenzuzi mukuru.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5938 Posts

Politiki

4187 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1046 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga