Igikomangoma Philip, umugabo w’umwamikazi Elizabeth II, yatabarutse ku myaka 99, nk’uko bitangazwa na Buckingham Palace. Philip yashakanye na Elizabeth mu 1947, imyaka itanu mbere y’uko aba umwamikazi. Itangazo ry’ingoro y’umwamikazi (Buckingham Palace) rivuga ko:...
Read More
Muhanga: Muri Gicurasi hazashyingurwa imibiri y’abatutsi isaga 100 yabonetse
Perezida w’umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside-Ibuka mu karere ka Muhanga, Rudasingwa Jean Bosco avuga ko bitari byoroshye kugirango iyi mibiri isaga 100 iboneke, ikurwe aho yajugunwe nyuma yo kwicwa. Asaba abagifite amakuru yahiciwe abatutsi...
Read More
Abaguze inkweto ziswe iza Shitani zirimo amaraso y’umuntu bagiye gusabwa kuzisubiza
Nike yatangaje ko abanyabugeni bakoze “Inkweto za Shitani” bivugwa ko zirimo igitonyanga cy’amaraso y’umuntu bemeye gusaba abaziguze kuzigarura bakabasubiza amafaranga yabo. Izi nkweto za siporo zavuzweho cyane, zaguzwe umuguru umwe ku $1,018 (agera kuri...
Read More
Ubutasi bwa America bwatanze ishusho y’uko muri 2040 hazaba hameze
Ihuriro ry’ibigo by’ubutasi bya Amerika, US Intelligence Community, ryasohoye icyegeranyo cy’uko isi ishobora kuzaba imeze mu 2040. Iri huriro ry’ibigo by’Ubutasi, riraburira politiki idahamye hamwe no kwiyongera ko guhangana kw’amahanga cyangwa se n’intambara. Iyi...
Read More
Kuba abakoze Jenoside batinda gushyikirizwa ubutabera bikomeretsa abarokotse- Amb Karitanyi
Uhagarariye u Rwanda mu Bwongereza no muri Irlande, Yamina Karitanyi, yagaragaje ko gutinda gushyikiriza ubutabera abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi birushaho gukomeretsa abayirokotse. Ambasaderi Yamina Karitanyi, ibi yabitangaje kuwa 8 Mata 2021 mu muhango wo...
Read More