• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
16/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
16/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
16/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Uburusiya bugiye kubaka ikigo gitunganya ingufu za Nicleyere mu Burundi

Umwanditsi
April 22, 2021

Leta y’U Burundi n’iy’Uburusiya byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu mugambi wo gukoresha mu nzira y’amahoro ingufu za Nucleaire.

Ikigo cya Leta y’Uburusiya ROSATOM gishinzwe iby’ingufu za nucleaire kimenyesha ko ku ruhande rw’Uburusiya aya masezerano yashyizweho umukono na Nikolai Spassky, uwungirije umukuru w’icyo kigo. Ni mu gihe ku ruhande rw’Uburundi, uwayashyizeho umukono ari Minisitiri Abraham Uwizeye, ufite mu nshingano ibijyanye n’amazi n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.

Aya masezerano niyo ya mbere mu mugambi wo gukoresha mu buryo bw’amahoro bene izo ngufu hagati y’Uburundi n’Uburusiya.

Uburundi bubaye ikindi gihugu gishyashya mu karere kigiranye amasezerano nk’aya na ROSATOM inyuma y’u Rwanda na Uganda mu 2019.

U Rwanda rwumvikanye n’ico kigo kubaka ikigo cy’ibijyanye n’izi ngufu, kandi umwaka ushize Leta y’u Rwanda yashizeho ‘urwego rushinzwe ingufu za atomike’, ibyo ishyaka Green Party of Rwanda ryavuze ko ribona bidakenewe.

Uretse ugufashanya hagati y’Uburusiya n’ibihugu bya Afrika, iki gihugu ni n’umucuruzi ukomeye w’ibirwanisho/intwaro ku bihugu bya Afrika, nubwo byinshi kibigurisha muri Asia.

Hagati ya 2014 – 2018 nkuko BBC ibitangaza, umugabane wa Afrika, havuyemo Misiri – waguze 17% by’intwaro Uburusiya bugurisha mu mahanga nk’uko bivugwa n’ikigo Stockholm International Peace Research Institute (SIPRI).

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga