Abasirikare bari ku butegetsi muri Tchad, babugezeho nyuma y’urupfu mu kwezi gushize rw’uwari Perezida w’igihe kirekire Idriss Déby Itno – batangaje abagize guverinoma y’inzibacyuho (cyangwa imfatakibanza mu Kirundi). Irimo bamwe mu bahoze mu nyeshyamba...
Read More
Muhanga: Mu bitaro bya Kabgayi habonetse imibiri 26 ahagiye kubakwa inzu y’ababyeyi(ivuguruye)
Hashize iminsi hamenyekanye amakuru avuga ko ahasizwa ikibanza kizubakwamo inzu y’ababyeyi( Maternity) mu bitaro bya Kabgayi haba hari Icyobo rusange cyashyizwemo imibiri ariko hakirindwa kuvuga inkomoko yayo. Kugeza kuri uyu wa 02 Gicurasi 2021,...
Read More