• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
20/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
20/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
20/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Abantu 6 bishwe barasiwe mu birori by’isabukuru muri Amerika

Umwanditsi
May 10, 2021

Umugabo witwaje intwaro yishe abantu batandatu abarashe nawe ariyica ubwo yari abasanze mu birori by’isabukuru muri leta ya Colorado kuri iki cyumweru, nk’uko polisi ibivuga.

Ibi byabereye ku rugo rwimurwa mu gikamyo kinini aho imiryango yari yateraniye ngo yishimire isabukuru. Polisi yo mu mujyi wa Colorado Springs igira iti: “Ukekwa, umuhungu w’inshuti y’umwe mu bapfuye w’igitsina gore, yatwaye imodoka ajyayo, arinjira atangira kurasa abari muri ibyo birori mbere yo kwiyahura nawe”.

Impamvu yabimuteye ntabwo iramenyekana.

Abishwe ni abantu bakuru, ariko hari n’abana bari muri ibi birori muri iyo kamyo. Imyirondoro y’abishwe n’uwabateye ntabwo iratangazwa.

Polisi iti: “Iki gikorwa giteye ubwoba cyatumye hapfa abantu bakuru batandatu. Abana bari muri iyo kamyo nta wakomerekejwe n’uyu ukekwa, ubu bari kumwe n’ababo”.

Abapolisi batabaye nyuma yo guhamagarwa ahagana saa sita z’amanywa (saa kumi n’ebyiri ku isaha ngengamasaha,GMT) ku cyumweru.

Itangazo rya polisi rigira riti: “Bahageze, abapolisi babonye abantu bakuru batandatu bapfuye n’umugabo umwe wakomeretse bikomeye wajyanywe kwa muganga nyuma agapfirayo”.

Ukuriye umujyi wa Colorado Spring, John Suthers, yavuze ko ubu bari mu cyunamo cyo kubura abantu no gusengera abakomeretse hamwe n’imiryango yabuze ababo.

Mu kwezi kwa gatatu nkuko BBC ibitangaza, abantu 10 bishwe barashwe ku isoko ryahitwa Boulder muri Colorado. Uwaketsweho kubarasa nyuma yarafashwe. Ubu arashinjwa ibyaha 10 bigendanye n’ubwicanyi.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga