• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
16/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
16/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
16/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
16/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi

Abasirikare 120 ba Ethiopia bahoze mu ngabo za UN basabye ubuhungiro

Umwanditsi
May 10, 2021

Abahoze ari abasirikare ba ONU bakomoka muri Etiyopiya, aho intara zitari nke zirimo na Tigre zazahajwe n’intambara z’amoko, basabye ubuhungiro muri Sudani, nkuko byatangajwe na ONU kuri iki cyumweru.

Abo bahoze ari abasirikare ba ONU, mu itsinda rya UNAMID, ryagiye kubungabunga amahoro muri Sudani, byari biteganijwe ko batahuka mu gihugu cyabo nyuma y’aho igihe cyabo muri iki gihugu kirangiriye mu kwezi kwa cumi na kabiri gushize.

Umuvugizi wa UNAMID, yavuze ko abo basirikare 120 basabye kurindwa n’amahanga. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzu-HCR nayo yemeje amakuru y’uko aba basirikare basabye ubuhungiro muri Sudani.

Nkuko VOA ibitangaza, nta makuru ahamye aragaragaza niba aba basirikare bose uko ari 120 bakomoka mu Ntara ya Tigre muri Etiyopiya.

ONU yohereje abasirikare muri Darfur kuva mu mwaka w’2007. Igikorwa cyo gutahukana abasirikare n’abasivile babarirwa mu 8000 bari muri iryo tsinda cyatangiye mu kwezi kwa mbere uyu mwaka. Biteganijwe ko kigomba kumara amezi atandatu.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5864 Posts

Politiki

4115 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1009 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga