• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
20/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
20/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
20/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Malawi: Inkingo hafi ibihumbi 20 za AstraZeneca zatwitswe

Umwanditsi
May 19, 2021

Leta ya Malawi yatwitse inkingo 19,610 za AstraZeneca zarangije igihe. Nicyo gihugu cya mbere ku mugabane wa Afurika kibikoze.

Mu gutwika izi nkingo, Malawi yakurikije inama zatanzwe n’ikigo cya Afurika gishinzwe  kugenzura indwara ‘Africa Centres for Disease Control’ (Africa CDC) cyemeje ko inkingo zarengeje igihe ziba zitagikora.

Binyuze kuri Twitter, hashyizwe amafoto rw’izo nkingo zirimo gutwikwa mu bitaro byo ku murwa mukuru Lilongwe. Bavuga ko izo nkingo zarengeje igihe kandi ko ntacyerekana na kimwe ko zakomeza gukoreshwa, hashingiwe ku ngingo ngenderwaho z’ishami ry’umuryango w’Abibumbye-ONU ryita ku buzima ku isi-WHO/OMS.

Malawi nkuko BBC ibitangaza, kibaye igihugu cya mbere ku mugabane wa Afrika gitwitse ku mugaragaro inking zarangije igihe. Abategetsi, bavuga ko iyo ngingo igamije gutanga icyizere kubanye Malawi kugira ngo bazahabwe inkingo igihe zizaba zibonetse.

Kugeza ubu, imibare y’abikingiza Covid-19 iracyari hasi cyane, ahanini bitewe n’ibihuha bivugwa kuri izi nkingo. Abategetsi batinya ko gukoresha inking zarangije igihe byatuma abantu babatakariza icyizere.

Leta ya Malawi ifite icyizere ko ukwikingiza kw’abaturage bayo kuziyongera mu gihe bazabona izindi nkingo z’umugambi wa Covax. Abanye Malawi barenga 330.000 barikingije.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga