• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
15/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
15/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
15/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Covid-19: Umugambi w’inkingo wa Covax“ Wateguwe hagendewe ku bitekerezo by’Ubukoloni”

Umwanditsi
June 12, 2021

Umutegetsi mu muryango w’Ubumwe bwa Afurika( AU/UA) yabwiye BBC ko umugambi washyizweho wo gusaranganya inkingo za Coronavirus mu bihugu bikennye wateguwe ushingiye “cyane ku bitekerezo bya Gikolonize”.

Ibi, Dr Ayoade Alakija, wungirije umuyobozi w’ihuriro rya Afurika rishinzwe gutanga inkingo (Africa Union Africa Vaccine Delivery Alliance for COVID-19, Auvda), yabivuze bucya haba inama ihuza ibihugu bikize kurusha ibindi ku Isi (G7), aho byitezwe ko abategetsi b’ibi bihugu bazatangaza umugambi wo guha inkingo ibihugu bitarashobora gukingira abantu babyo mu buryo bw’imfashanyo.

Yagize ati: “Ingorane ya mbere ya Covax ni uko itagishije inama, yashinzwe hisunzwe ivyiyumviro/ibitekerezo bya gikoloni. Ntibigeze baza kutubaza twebwe abanya Afrika, ntibigeze baza kubaza abatuyobora, ntibigeze baza kubaza abanyagihugu bacu. ‘None ushaka bigende gute?’ “.

Dr Alakija, avuga ko iyo baza kubaza, Auvda yari kubabwira ko yifuza gukingira hagati ya 60% na 80% by’abanyagihugu ba Afrika. Avuga ko Covax ubwayo isa n’iyibaza ko gukingira 20% by’abanyagihugu bose ba Afrika bizaba bihagije.

Avuga ko uyu mugambi wonyine udashobora gukemura ibibazo by’inkingo ku Isi. Ati: “Ndatekereza ko ari yo yabaye intandaro yo kudashobora kwigurira inkingo zacu bwite, kwishakira inkingo zacu twebwe nyine, ni uko twabwiwe ko Covax ihagije”.

Akomeza ati” Uriyicarira aho ukareka ngo Covax izaguha ibyo ukeneye byose”. Muri kino gihe nkuko BBC ikomeza ibitangaza, hari impungenge zigenda ziyongera ko ikena ry’inkingo mu bihugu byinshi bya Afrika ririmo riradindiza igihe cyo gutanga inking zigira kabiri za Covid.

Umuryango w’Abibumbye-ONU hamwe n’ikigo cya Afrika gishinzwe kurwanya indwara (CDC) basaba ibihugu bifite inkingo z’umurengera ko byazitanga mu turere twa Afrika tuzikeneye.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga