Matt Hancock yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza nyuma yuko arenze ku ibwiriza ryo kutegerana agasomana n’umukozi bakoranaga. Mu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’intebe, yavuze ko guverinoma “igomba kubwiza ukuri abantu bigomwe byinshi cyane...
Read More