• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Uganda yashyize hanze umuti bivugwa ko uvura Covid-19

Umwanditsi
June 30, 2021

Ikigo gishinzwe kugenzura imiti muri Uganda cyemeye ikoreshwa ry’umuti witwa Covidex mu kuvura icyiza cya Covid 19. Uyu muti wavumbuwe n’umushakashatsi wigisha muri kaminuza y’ubumenyi n’ikoranabuhanga ya Mbarara.

Abatari bake bari bamaze igihe bawukoresha batabiherewe uburenganzira na Leta kuko yari yarasabye abantu guhagarika ikoreshwa ryawo. Gusa nkuko VOA ibitangaza, hari abagumye kuwukoresha rwihishwa bityo hakomeza kugaragara abatanga ubuhamya ko wabakijije Covid 19, nkuko byemezwa n’ikigo gishinzwe kugenzura imiti muri Uganda.

Ubuhamya bwakomeje gutangwa n’abantu bavuga ko wabakijije, nubwo bawunywaga rwihishwa, bwatumye icyo ikigo kinanirwa kuwukumira gihitamo gusohora itangazo ryemerera abantu kuwukoresha hamwe n’indi miti yari isanzwe ikoreshwa mu kuvura Covid 19.

Icyo kigo cyatangaje ko ubu cyatangiye gukorana n’uwo mushakashatsi wawuvumbuye kugira ngo bagire ibyo bavugurura kuri uwo muti.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika uri muri Uganda, Ignatius Bahizi avuga ko humvikanye ubuhamya bwa bamwe mu bavuga ko batangiye kuwukoresha bafite ibibazo byo guhumeka kubera ikibazo cya Covid 19, nyuma bakaza koroherwa.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga