Ni mu Murenge wa Rukoma, Akagari ka Murehe aho abaturage 21 biyemeje kwibohora bishakira umuriro w’amashanyarazi bamwe batigeze mu myaka isaga 40 bahamaze. Umwe muri bo witwa Mukawiringiye Deborah, ari n’umwe mu bazanye igitekerezo,...
Read More
Abasenateri ba DR Congo bambuye ubudahangarwa uwahoze ari Minisitiri w’Intebe
Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Augustin Matata Ponyo Mapon wahoze ari Minisitiri w’intebe. Ibi byakozwe hagamijwe ku mukuraho amaboko ngo bitume ashobora gukurikiranwa mu maperereza ku inyerezwa ry’imari ya Leta....
Read More
Uyu ni umunsi wo “Gusomana”, inzobere zivuga ko kubikora ari ingenzi mu buzima
Buri mwaka tariki ya 06 Nyakanga, ni umunsi abantu ku Isi yose bizihiza umunsi mpuzamahanga wo “Gusomana”. Inzobere zivuga ko iki ari igikorwa cy’ingenzi mu buzima. Hari uburyo butandukanye bikorwamo, ariko byose bishingiye ku...
Read More
Gakenke: Gitifu w’Umurenge wa Muhondo n’abandi batawe muri yombi bazira umumotari
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB, rubinyujije kuri Twitter ruratangaza ko rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo, Akarere ka Gakenke n’abo bari kumwe, aho bagaragaye mu mashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga bakubita umu motari. Hakuzimana...
Read More