• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
19/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
19/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
19/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Amerika ikomeye ku cyemezo cyo gucyura ingabo zayo ziri muri Afghanistan

Umwanditsi
August 25, 2021

Perezida Joe Biden wa America yabwiye bagenzi be bo mu itsinda rya G7 kuri uyu wa kabiri ko Leta Zunze ubumwe za Amerika yari mu nzira nziza yo kuva muri Afuganistani kw’itariki ya 31 y’ukwezi kwa Munani. Gusa yongeyeho ko barimo gutekereza uburyo bwihuse bwakoreshwa mu gihe icyo gihe kitakubahirizwa.

Ibiro bya Perezida, “White House”, byavuze ko Perezida Biden yabwiye abo muri iryo tsinda ry’abategetsi barindwi ko kuvana abasirikare bose ba Amerika muri Afuganistani mu mpera z’uku kwezi bizaterwa n’uko Abatalibani bazafasha mu guha inzira abahunga baciye ku kibuga cy’indege cy’i Kabul.

Abategetsi muri Amerika nkuko VOA ibitangaza, bavuze ko Amerika imaze gukura muri Afuganistani abantu hafi 58 000, barimo Abanyamerika barenga 4 000 kuva kw’itariki ya 14 y’ukwezi kwa Munani, umunsi wa mbere y’uko Abatalibani binjira i Kabul bagafata ubutegetsi. Ibindi bihumbi by’abantu bakuweyo n’ibihugu by’i Burayi bicuditse na Amerika, nk’Ubudage hamwe n’Ubwongereza.

Abatalibani basabye abanyabwenge kudahunga igihugu cyabo kuri uyu wa kabiri, bongera baburira Amerika n’incuti zayo zihuriye muri OTAN ko batazabemerera kurenza igihe cyo gutahukana/guhungisha abantu. (AFP).

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga