• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
19/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
19/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
19/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Guverinoma y’u Rwanda ikoze igikorwa cyari kimaze igihe gitegerejwe na benshi cyo gufungura utubari

Umwanditsi
September 21, 2021

Amezi yari abaye hafi 18 ikitwa utubari twahuriragamo abatari bake mu Rwanda dufunzwe ku mugaragaro kubera ingamba zo kwirinda icyorezo cya covid-19. Kuri uyu wa 21 Nzeri  2021, inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida  Kagame Paul, yanzuye ko utubari tugiye gufungurwa ariko byose bikazakorwa mu byiciro.

Ni ubwo hari hashize iki gihe cyose byitwa ko utubari dufunze, tudakora, nta wavuga ko muri rusange tutakoze kuko henshi twakoraga byitwa ko dufunze. Hari benshi mu bafute utubari bagiye bafatwa bagacibwa amande ndetse n’abadufatiwemo bagahanwa ariko bwacya kuko abanywi ba byeri kuyirara cyangwa ukamara kabiri utagasomye bigora ukumva umuntu ngo yafatiwe mukabari cyangwa se bamuvudukanye.

Igikorwa cyo gufungura ku mugaragaro utubari, nta washidikanya ko cyari gitegerejwe na benshi kuko ni hamwe mu hatanga kwisanzura n’ibyishimo ndetse hahuza abanywa byeri n’abanywa imitobe. Uko bizakorwa kose, benshi mu bahoraga banywa cyangwa bajya mu tubari babundabunda cyangwa se bikanga kuhafatirwa bararuhutse.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga