Uwahoze ari Minisitiri ushinzwe ikigega/imari n’ubukungu cya Leta muri Afghanistan avuga uguhirima kwa Leta kwatewe n’abategetsi bamunzwe na ruswa kugera n’aho bandika” abasirikare batabaho” kandi bagahembwa n’aba-Taliban. Khalid Payenda yabwiye BBC dukesha iyi nkuru...
Read More