• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
17/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
17/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
17/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy

Uganda: Umugore utwite ari muri 15 bashinjwa ibitero by’ubwiyahuzi i Kampala

Umwanditsi
December 25, 2021

Urukiko muri Uganda rurashinja abantu 15, barimo umugore utwite, iterabwoba kubera uruhare bikekwa ko bagize mu bitero byinshi byabaye muri icyo Gihugu mu murwa mu kuru Kampala.

Benshi muri abo bashinjwe ko ari abanywanyi ba Allied Democratic Forces (ADF) , umutwe w’abarwanyi uri muyigize umutwe wa Islamic State. Abategetsi bavuga ko uwo mutwe uri inyuma y’ibitero by’ama bombe biherutse kuba muri icyo gihugu.

Ingabo za Uganda muri ibi bihe, ziri kugaba ibitero kuri ADF muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo bihana urubibe. Uwo mutwe washinzwe mu myaka ya 1990 n’abanya-Uganda bari bashegeshwe n’uburyo Leta yari ifashe aba Islam, ariko wakuwe mu birindiro warimo mu ntara y’imisozi ya Rwenzori mu burengerazuba bwa Uganda, aho abagwanyi bawo bateraga abanyagihugu bagatwika amashuri mu ntangiriro za 2000.

Ibitero byo mu kwezi kwa 10 n’ibibombe bitatu by’abiyahuzi ku murwa mukuru mu kwezi kwa 11 byakanguye abategetsi ku buryo ibikorwa by’uyu mutwe bihora bihindagurika.

Igipolisi cyabwiye ibiro ntaramakuru AFP ko abakekwa 15 bakurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba, gufasha no gukora iterabwoba hamwe no kuba mu mutwe w’iterabwoba, kandi bazaguma bafunzwe gushyika umunsi wo gusubira kwitaba urukiko ku wa 13 ukwezi kwa mbere.

Abashinjwa, ntibavuze ko bemera cyangwa bahakana ibyaha bashinjwa. Muri uku kwezi, igihugu cya Congo cyemeye ibyo cyasabwe na Uganda ko igaba ibitero birimo n’iby’indege n’ingabo zirwanira ku butaka mu ntara y’uburasirazuba bw’iki gihugu mu kurwanya ADF.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5818 Posts

Politiki

4069 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga