Abategetsi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bavuga ko abantu batari munsi ya batandatu bapfiriye mu gitero cy’igisasu cy’umwiyahuzi muri resitora (restaurant) yo mu mujyi wa Beni mu burasirazuba bw’igihugu. Polisi yabujije uwo...
Read More
Uganda: Umugore utwite ari muri 15 bashinjwa ibitero by’ubwiyahuzi i Kampala
Urukiko muri Uganda rurashinja abantu 15, barimo umugore utwite, iterabwoba kubera uruhare bikekwa ko bagize mu bitero byinshi byabaye muri icyo Gihugu mu murwa mu kuru Kampala. Benshi muri abo bashinjwe ko ari abanywanyi...
Read More
Leta ya Ethiopia yabujije igisirikare cyayo kwinjira mu ntara ya Tigray
Leta y’Igihugu cya Ethiopia ivuga ko yategetse ingabo zayo kudakomeza ngo zinjire mu ntara ya Tigray. Ni nyuma y’aho zisubiye kwigarurira uturere two mu ntara za Amhara na Afar twari twigaruriwe n’inyeshamba za TPLF....
Read More
Umugore wa Perezida Macron w’u Bufaransa agiye kujyana mu nkiko abavuga ko yahinduye igitsina
Brigitte Macron, umufasha wa Perezida w’Igihugu cy’u Bufaransa, agiye kwitabaza urukiko kugira ngo arege abamushinja babinyujine ku mbuga nkoranyambaga ko yavutse ari umuhungu hanyuma akaza guhinduza igitsina. Uyu mugore w’umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa yavuzwe ku...
Read More
Umudepite wa Amerika yafatiweho imbunda ku manywa y’ihangu bamutwara imodoka
Depite Mary Gay Scanlon wo mu nteko ishingamategeko y’Amerika, yambuwe imodoka ye n’ibyo yari afite afatiweho imbunda mu bujura bwo kwiba imodoka bwabaye ku manywa y’ihangu mu mujyi wa Philadelphia muri leta ya Pennsylvania....
Read More
Nigeria: Umusirikare yafunzwe azira kwemera kwambikwa impeta y’urukundo(gutererwa ivi)
Umusirikare w’umukobwa wo muri Nigeria yatawe muri yombi kubera kwemera ubusabe bwo kuzashyingiranwa kandi ari ku kazi, nkuko bivugwa n’umuvugizi w’igisirikare. Uwo muvugizi w’igisirikare, yongeyeho ko uwo mukobwa yarenze ku mategeko y’imyitwarire y’igisirikare” yishora...
Read More
Papa Francis yavuze amagambo akomeye ku ihohoterwa rikorerwa abagore mu ngo, ati“ ni hafi irya Shitani”
Papa Francis yamaganye ihohoterwa ryo mu ngo rikorerwa abagore, avuga ko ari “hafi irya Shitani”, aya akaba ari amwe mu magambo akakaye cyane akoresheje kuri iki kibazo. Uyu mukuru wa Kiliziya Gatolika ku isi...
Read More
Muhanga: Barifuza ko hashyirwaho abajyanama b’ihame ry’Uburinganire n’ubwuzuzanye
Bamwe mu bayobozi b’Imidugudu yo mu karere ka Muhanga, barasaba ko hashyirwaho abajyanama b’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye kuko babona ko byagabanya amakimbirane akenshi akunze kugaragara mu miryango. Abakuru b’Imidugudu, ibi bavuga babihera ku kuba hari...
Read More
Kamonyi: Abagize itsinda“ Ijuru rya Kamonyi” bahize gukura abaturage mu mibereho mibi
Perezida w’Itsinda ry’abakora siporo ryitwa “Ijuru rya Kamonyi”, Benedata Zacharie aravuga ko ibikorwa byabo by’umwaka wa 2022 bizashingira mu gufasha abaturage kuzamura imyumvire ku bijyanye n’imibereho myiza ikwiye, aho bazafatanya n’inzego z’ubuyobozi bw’ibanze mu...
Read More
Muhanga: Impeshakurama zatanze miliyoni 3 yo kugurira abakene ubwisungane mu kwivuza
Abatorejwe mu itorero ry’impeshakurama rigizwe n’abakora mu buvuzi, bashyikirije akarere ka Muhanga amafaranga angana miliyoni 3 y’u Rwanda yo kugurira abantu 1,000 batishoboye ubwisungane mu kwivuza. Bavuga ko babitewe n’akababaro baterwa n’ababagana batishoboye bashaka...
Read More