Polisi ya Liberia yataye muri yombi umugabo w’imyaka 29 wo muri Sierra Leone imurega kugerageza kugurisha umwana we w’umuhungu w’imyaka 10. Bigaragara ko bwari uburyo bw’amaburakindi bwo gushaka amafaranga yo kugura moto yo gusimbuza...
Read More
Donald Trump afatiye imbugita ku ijosi rya Demokarasi ya Amerika-Perezida Biden
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, arashinja Donald Trump yasimbuye kuba afatiye imbugita/icyuma ku ijosi rya Demokarasi ya Amerika. Abona uyu nk’uteje ikibazo gikomeye hamwe n’abamushyigikiye. Ibi byavuzwe na Perezida Biden...
Read More