Muganga, Dr Rugwizangoga Belson akaba umwizera w’itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa 7 mu Rwanda, ahamya ko icyorezo cya coronavirus atari gishya mu Rwanda, ko na mbere y’iki cyamenyekanye cyane hari ubushakashatsi bwari bwagaragaje Coronavirus mu...
Read More
Abaturage mu Bufaransa bigaragambije bamagana icyangombwa kigaragaza ko wakingiwe Covid-19
Abategetsi bo mu Bufaransa bavuga ko abantu barenga 105,000 bitabiriye imyigaragambyo yabaye mu gihugu hose y’abamagana ko hashyirwaho icyangombwa gishya cyerekana ko umuntu yakingiwe coronavirus. Umushinga w’itegeko rishya, watuma urebye abantu batakingiwe batemererwa kugera...
Read More