• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
02/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
02/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
02/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

CEDEAO iramagana igeragezwa ry’ihirikwa ry’ubutegetsi muri Guinee Bissau

Umwanditsi
February 1, 2022

Ishyirahamwe ry’Ibihugu byo mu karere ka Afurika y’uburengerazuba, CEDEAO/ECOWAS, ryamaganye icyo ryise “kugerageza” guhirika ubutegetsi mu Gihugu cya Guinee Bissau, risaba abasirikare gusubira mu makambi/ibigo byabo.

Ibi, nkuko BBC ibitangaza, bije bikurikiye amakuru y’uko hari abantu bambaye imyenda y’igisivile batangiye kurasa bari hafi y’inzu ya Leta yaberagamo inama hagati y’umukuru w’igihugu na Minisitiri w’Intebe wa Guinee Bissau, aho bari hakaba hatazwi.

Ibiro ntaramakuru Reuters bisubiramo amagambo y’itangazo rya CEDEAO agira ati “CEDEAO irimo irakurikirana n’impungenge nyinshi ibirimo bibera muri Guinee Bissau… aho abasirikare barimo bararasa mu nkengero y’ingoro/inzu ya Leta”.

“CEDEAO iramagana kugerageza guhirika ubutegetsi, ikaba inashinze ijisho abasirikare ku bijanye n’umutekano wa Prezida Umaro Sissoco Embaló hamwe n’abagize Leta ye”.

Muri iyi minsi ya vuba CEDEAO yahagaritse ikindi gihugu cy’ikinyamuryango, Burkina Faso, aho abasirikare bahiritse ubutegetsi.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga