• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Nyaruguru: Perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Kibeho yatawe muri yombi na RIB

Umwanditsi
February 18, 2022

Kuri uyu wa 18 Gashyantare 2022, urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwataye muri yombi Nsengiyumva Silas, Perezida w’Urukiko rw’ibanze rwa Kibeho mu karere ka Nyaruguru. Akurikiranyweho ibyaha birimo icya Ruswa y’inshimishamubjri rishingiye ku gitsina no gufata icyemezo gishingiye ku itonesha n’ubucuti.

Mu itangazo RIB yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter,  ivuga ko uyu Nsengiyumva Silas yafashwe akaba afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho iperereza ku byaha akekwaho rikomeza kugira ngo hakorwe Dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, ruvuga ko rushimira abantu bose bagize uruhare mu kugira ngo uyu ucyekwa atabwe muri yombi.RIB, mu butumwa bwayo inakangurira abaturarwanda gukomeza gutanga amakiru ku basaba ndetse n’abatanga Ruswa muri serivise z’ubutabera kugira ngo bafatwe bahanwe, bityo Ruswa iranduke mu Gihugu.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga