• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
27/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
27/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
27/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Nyaruguru: Perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Kibeho yatawe muri yombi na RIB

Umwanditsi
February 18, 2022

Kuri uyu wa 18 Gashyantare 2022, urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwataye muri yombi Nsengiyumva Silas, Perezida w’Urukiko rw’ibanze rwa Kibeho mu karere ka Nyaruguru. Akurikiranyweho ibyaha birimo icya Ruswa y’inshimishamubjri rishingiye ku gitsina no gufata icyemezo gishingiye ku itonesha n’ubucuti.

Mu itangazo RIB yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter,  ivuga ko uyu Nsengiyumva Silas yafashwe akaba afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho iperereza ku byaha akekwaho rikomeza kugira ngo hakorwe Dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, ruvuga ko rushimira abantu bose bagize uruhare mu kugira ngo uyu ucyekwa atabwe muri yombi.RIB, mu butumwa bwayo inakangurira abaturarwanda gukomeza gutanga amakiru ku basaba ndetse n’abatanga Ruswa muri serivise z’ubutabera kugira ngo bafatwe bahanwe, bityo Ruswa iranduke mu Gihugu.

intyoza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga