• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/11/25
Itangazo ry’Umushinga RW0379 ADEPR Gatenga rihamagarira Gupiganira isoko
13/11/25
Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu
13/11/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET byamusabye gusa iminota 7 kugira ngo atsindire 247,860 Frws
13/11/25
Kamonyi: Ubuyobozi bw’Akarere ku Ruhimbi rw’Itorero EPR mu cyumweru cyahariwe Umuryango

Umunyarwanda Micomyiza ukekwaho ibyaha bya Jenoside yoherejwe kuburanira mu Rwanda

Umwanditsi
April 27, 2022

Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe nibwo ku i saa 6h30 z’igitondo cyo kuri uyu wa 27 Mata 2022 hagejejwe Umunyarwanda Micomyiza Jean Paul uzwi cyane nka “Mico”. Yaje yoherejwe n’Igihugu cya Suwede kugira ngo akurikiranwe n’Ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside akekwaho.

Nkuko byatangajwe na RBA, uyu Micomyiza Jean Paul ni Umunyarwanda wavukiye i Cyarwa ho mu Karere ka Huye. Ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yabaga mu 1994, yari atuye mu Murenge Tumba, aho yari umunyeshuri muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda yiga mu mwaka wa Kabiri.

Mu gihe yigaga muri Kaminuza, yari muri “ comité de crise” cyangwa se itsinda ryari rishinzwe gushakisha no kumenyekanisha Abatutsi bagombaga kwicwa, ari naho iby’uruhare akekwaho mu byaha bifitanye isano na Jenoside yabikoreye.

Urwandiko rw’Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda buvuga kuri Micomyiza Jean Paul, bunashima Suwede yamwohereje.

Ubushinjacyaha Bukuru bwa Repubulika y’u Rwanda mu mwaka wa 2020 nibwo bwagaragarije igihugu cya Suwede uruhare rwa Micomyiza ku byaha bya Jenoside bumukurikiranyeho, bunasaba ko yakoherezwa mu Rwanda nk’aho yakoreye ibyaha akekwaho akaburanishwa,

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5912 Posts

Politiki

4162 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1031 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

154 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga