• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
25/03/26
Kamonyi-Nyarubaka: Ingurube yabaye igitambo ku muryango wararanaga n’Amatungo, harokoka Ihene
25/03/26
Kamonyi: Meya Dr Sylvere Nahayo, ahaye komite nshya ya PSF umukoro
25/03/26
Minisitiri Uwimana Consolée, ati“ Akarere ka Kamonyi gashobora kuba karatekereje ko kageze iyo kajyaga”
25/03/26
Kamonyi: Ntabwo tuje kuba abayobozi ba PSF, tuje kuba abakozi banyu-Ntiyamira Felix( aka Yadema)/PSF

Burundi: Nyuma y’imyaka 50 habaye ubwicanyi, ababurokotse basaba Leta kugira icyo ikora

Umwanditsi
April 30, 2022

Imyaka 50 nyuma y’ubwicanyi bushingiye ku bwoko bwabaye mu Burundi, ababurokotse barasaba Leta gukora ikirenzeho mu guhangana n’umurage w’urugomo. Abantu bagera ku 300,000 barapfuye mu bwicanyi bwatangiye ku itariki ya 29 y’ukwezi kwa kane mu 1972.

Ubwo bugizi bwa nabi bwari bushinze imizi mu bushyamirane bumaze igihe hagati y’abahutu n’abatutsi, amoko abiri aba mu Burundi aboneka no mu gihugu gituranyi cy’u Rwanda.

Benshi mu bishwe muri iyo myaka 50 ishize muri iki Gihugu cy’u Burundi nkuko BBC ibitangaza bari abahutu. Akanama k’ukuri n’ubwiyunge, kamaze igihe gataburura ibinogo byahambwemo abantu mu kivunge muri icyo gihe, kavuze ko ubwo bwicanyi bwari Jenoside.

Urugomo rwa mbere rubi cyane rwabayeho hagati y’ayo moko abiri( Abahutu n’Abatutsi) ni Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, ubwo Abatutsi basaga Miliyoni bishwe. Hanishwe kandi bamwe mu ba Hutu batari bashyigikiye umugambi mubisha w’abicanyi.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5940 Posts

Politiki

4189 Posts

Ubuhinzi

152 Posts

Ubukungu

1047 Posts

Imyidagaduro

87 Posts

Imikino

156 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga