• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Miss (Nyampinga) wa Argentine n’uwa Puerto Rico batangaje ko bashakanye

Umwanditsi
November 3, 2022

Uwabaye Miss Argentine n’uwabaye Miss Puerto Rico batunguye benshi ubwo batangazaga kuri Instagram ko bashakanye. Ni Mariana Varela wa Argentine na Fabiola Valentín wa Puerto Rico bahuriye mu irushanwa rya Miss Grand International 2020 nyuma y’uko bombi babaye ba ‘Nyampinga’ mu bihugu byabo muri uwo mwaka. 

Nyuma y’uko aba bombi bageze mu 10 ba mbere muri iryo rushanwa ryabereye muri Thailand, bagiye bagaragaza ubucuti bukomeye ku mbuga nkoranyambaga nk’uko bivugwa na CNN.

People Magazine, ivuga ko ku cyumweru banditse kuri Instagram yabo mu rurimi rw’Igisipanyole bati:“ Nyuma yo kwiyemeza kugira ibanga umubano wacu, twafunguye imiryango yawo ku munsi udasanzwe. 28/10/22 ❤️💍✨” .

Varela w’imyaka 26, na Valentín w’imyaka 22, bagaragaje video itunganyije irimo amafoto y’uko bakundana, uko basabanye kubana, impeta bambikanye, n’ibindi bihe by’ibyishimo byabo n’inshuti zabo.

CNN ivuga ko aba bombi bashyingiranywe mu mujyi wa San Juan muri Puerto Rico tariki 28 z’ukwezi gushize k’Ukwakira 2022.

Abantu batandukanye barimo abagiye mu marushanwa y’ubwiza nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, bifurije Varela na Valentín ibihe byiza. Abena Akuaba umunya-Ghana umuririmbyi akaba n’uwatsinze irushanwa rya Miss Grand International 2020 yanditse abashimira yongeraho ati: “MGI yakoze uguhura kwiza.”

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga