• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
14/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
14/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
14/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Padiri wayoboraga Kaminuza Gatolika ya Kabgayi, asimbuye Musenyeri Samaragide ku buyobozi bwa Dioseze ya Kabgayi

Umwanditsi
May 2, 2023

Ku I saa Sita z’amanywa yo kuri uyu wa 2 Gicurasi 2023, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Nyirubutungane Papa Francis yemereye Nyiricyubahiro Musenyeri Samaragide Mbonyintege kujya mu kiruhuko cy’izabukuru.  Asimbujwe Nyiricyubahiro Musenyeri Ntivuguruzwa Balthazar wari usanzwe ari umupadiri muri iyi Dioseze, akaba kandi yari n’umuyobozi wa Kaminuza Gatorika ya Kabgayi.

Nyiricyubahiro Musenyeri Samaragide Mbonyintege ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru, akomoka mu murenge wa Cyeza mu karere ka Muhanga. Ni mu gihe umusimbuye, Nyiricyubahiro Musenyeri Ntivuguruzwa Balthazar akomoka mu murenge wa Shyogwe,  akaba agiye kuyobora abakiristu bagize Paruwasi 29 zigize iyi Diyosezi.

Musenyeri Samaragide ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Amakuru agera ku intyoza.com ni ay’uko Musenyeri Samaragide yari amaze igihe asabye umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi ku mwemerera akajya mu kiruhuko cy’izabukuru ku myaka ye isaga 76, aho bivugwa ko yari amaze imyaka isaga 3 yanditse ibaruwa isaba kwemererwa.

Musenyeri mushya, Balthazar usimbuye Musenyeri Mbonyintege ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru .
Aha bivugwa ko bombi bari bicaye bumva ubutumwa buturuka i Vatikani kwa Papa.

Dore Ubutumwa buturuka mu biro by’intumwa ya Papa mu Rwanda ku ncamake y’ubuzima n’ubutumwa kuri Musenyeri mushya, Balthazar;

Akimana Jean de Dieu

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga