• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
18/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage
18/09/25
Ku biceri 200 gusa, Umunyamahirwe muri FORTEBET yatsindiye 1,296,945RWF
18/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari

Ngamba-#Kwibuka29: Hibutswe Abatutsi bishwe muri Jenoside, abasaga 800 bajugunywe muri Nyabarongo (amafoto yihariye)

Umwanditsi
May 11, 2023

Kuri uyu wa 09 Gicurasi 2023, abatuye umurenge wa Ngamba, Akarere ka Kamonyi, inshuti n’abavandimwe, ubuyobozi mu nzego zitandukanye bibutse ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi. Bashyize indabo muri Nyabarongo mu kagari ka Kabuga, ahanyujijwe Abatutsi basaga 800 bishwe urw’agashinyaguro. Nyuma yo kuva kuri Nyabarongo, gahunda yo kwibuka yakomereje mu kibuga cy’ishuri rya Fr. Ramon Kabuga TSS ahari hateguwe.( amafoto).

Mayor Dr Nahayo Sylvere hagati, ibumoso Padiri wa Kabuga TSS, iburyo Gitifu wa Ngamba. Barimo bava kuri Nyabarongo berekeza mu kigo cya Fr. Ramon Kabuga TSS.

Gahunda yo kwibuka yatangijwe n’isengesho.
Gitifu wa Ngamba aha ikaze abaje kwibuka.
Abayobozi mu nzego zitandukanye.
Umuhanzi.

Umuyobozi wa SEVOTA niwe watanze ikiganiro ku mateka.

Uwari uhagarariye umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’Akarere.
Abanyeshuri bo muri Fr. Ramon Kabuga TSS. Urubyiruko rwagaragarije abaje kwibuka ko bazingatiye amateka y’urugamba rwo kubohora Igihugu no guhagarika Jenoside. Batanze ubutumwa kuri benshi.
Berekanaga uburyo Inkotanyi zarokoye abatutsi bicwaga.
Umwe mu bana b’abanyeshuri ba Kabuga TSS yavuze igisa n’umuvugo ukubiyemo amateka akomeye yageze benshi ku mutima.
Dr. Nahayo Sylvere/Kamonyi, yasabye buri wese kuzirikana amateka no guharanira Ubumwe n’iterambere ry’Igihugu.

Aha bacanaga urumuri rw’icyizere.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5869 Posts

Politiki

4120 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1011 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

144 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga