• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
14/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
14/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
14/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Kamonyi-Runda: Operasiyo ya Polisi yataye muri yombi 3 bakekwaho gutega abantu mu nzira

Umwanditsi
November 14, 2024

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ugushyingo 2024, ahagana ku i saa kumi n’imwe mu Mudugudu wa Nyagacaca, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda ho mu Karere ka Kamonyi, Polisi yakoze Operasiyo ita muri yombi abasore babatu bakekwa gutegera abantu mu nzira bakabambura utwabo. Uretse no kubambura, amakuru agera ku intyoza.com ni uko hari n’ubwo abategwaga bahohoterwaga.

Amakuru mpamo agera ku intyoza.com ni uko Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Kamonyi yakoze umukwabu(Operasiyo) mu rukerera igata muri yombi abasore batatu bakekwaho ubujura bwo gutega abantu mu nzira bagenda bakabambura Terefone n’ibindi.

Aba basore batawe muri yombi( twirinze gutangaza amazina yabo), umwe afite imyaka 20 y’amavuko, undi wa kabiri afite imyaka 24 y’amavuko mu gihe uwa Gatatu afite imyaka 31 y’amavuko.

SP Emmanuel Habiyaremye, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yabwiye intyoza.com ko aba basore bafashwe. Avuga ko bose uko ari batatu bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi na RIB y’i Runda( ku Ruyenzi).

Batatu bafashwe.

Mu butumwa bwa Polisi, SP Emmanuel Habiyaremye yabwiye intyoza.com ko Polisi isaba abaturage gutanga amakuru ku bantu nk’aba bagafatwa. Yagize kandi ati“ Turaburira abishora muri ibi bikorwa kubireka bitaba ibyo Police irakomeza kubahiga bukware bashykirizwe amategeko”. Akomeza asaba buri wese kuba ijisho rya mugenzi we, nti hagire ubona ikibi kiba cyangwa abagikora ngo aceceke.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga