• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
14/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
14/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
14/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Kamonyi-Nyamiyaga: Ntabwo byoroshye mu Nkera, Igitaramo cyo gusezera umwaka no kwakira 2025-Amafoto

Umwanditsi
December 31, 2024

Ushatse wahita ku gicumbi cy’Umuco muri aka karere ka Kamonyi. Uretse no mu birori bisanzwe muri aya mayaga, aho batajya biburira ibijyanye n’Umuco Gakondo, Uyu mugoroba niho honyine mu mirenge 12 igize aka karere bataramye mu buryo bugaragaramo ibigize Umuco Gakondo kuko barabuguza(hari igisoro), hari Umuhanzi Mushabizi washize Ubwoba(arakirigita imirya y’inanga), Imbyino gakondo ariko kandi badasize n’iz’Abubu. Ni kuri Sitade ya Ngoma yubatswe n’Ubuyobozi n’Abaturage ba Nyamiyaga.

Kugera kuri iyi saha ya saa moya zishyira I saa mbiri z’ijoro ry’uyu wa Kabiri rishyira iry’Uwa Gatatu w’Ubunani bwa 2025, Abaturage mu byiciro bitandukanye b’Umurenge wa Nyamiyaga, Abato n’Abakiru bateraniye kuri Sitade ya Ngoma bataramye, babyina, ba buguza(Igisoro), bacurangirwa indirimbo Gakondo ndetse banyuzamo n’iz’Abubu, bitegura gusiga umwaka wa 2024 bakakira Umwaka wa 2025 uri mu nzira.

Nta gukangwa n’ijoro. Ibyishimo ni byose mu baturage bari kumwe n’abayobozi babo.

Mu bahazi bataramiye aba baturage barimo; Uzwi ku izina rya Mushabizi washize Ubwoba, aho yakirigise imirya y’Inanga mu ndirimbo benshi bazi maze si ukubyina barizihirwa. Hari kandi na Musengamana Beata wabasusurukije mu ndirimbo zitandukanye harimo n’iyo benshi bamenye cyane mu bihe by’Amatora y’Umukuru w’Igihugu.

Iyo ndirimbo yamuhesheke kumenyekana ikanamuhesha gukora mu biganza by’Umukuru w’Igihugu ndetse akaza gushimirwa, ni indirimbo“ Azabatsinda Kagame“.
Amafoto;

Aha hari hakibona, Umuyobozi w’Umurenge yashananishije, asohotse mu rwambariro ngo atangize Igitaramo, Inkera yo kwakira Umwaka mushya.

 

 

 

 

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga